Umukobwa w’uburanga Aliah Cool yahaye nyina umubyara impano y’imodoka amusezeranya ibirenze

28/09/2023 21:28

Umukinnyikazi wa Filime mu Rwanda Aliah Cool yahaye nyina umubyara impano y’imodoka.Hyundai Tucson.

 

 

ISIMBI Alliance wamamaye nka Aliah Cool kumbuga nkoranyambaga no muri Cinema , yahaye umubyeyi we imodoka nshya yo mubwoko bwa Hyundai Tucson.

 

 

Uyu mugore yagaragaje ko nyina akwiriye ibirenze imodoka kubera ibyo nawe yamukoreye mu buzima bwe.Yagize ati:’Ni umubyeyi ukomeye , kwiriye ibi n’ibirenzeho.Mama wanjye”.

 

Alliah Cool ntabwo yigeze yifuza kuvuga byinshi gusa gusa amakuru IGIHE dukesha iyi nkuru gifite ni uko iyi modoka yatanzwe kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Nzeri 2023 mu rwego rwo kumushimira.Uwatanze amakuru we yavuze ko iyi modoka ifite agaciro ka Miliyoni 15 na 30 Rwf kuko Aliah Cool yanze kumubwira agaciro kanyako kayo.

Previous Story

The Ben agira ikinyabupfura tumwubahe ! Umushoramari Ishimwe Lambert yahishuye ibintu abahanzi Nyarwanda basabwa kwigira kuri The Ben – VIDEO

Next Story

Abagabo gusa : Itegereze ibi bimenyetso nubibona uzahita umenya niba umugore wawe yaratangiye kuguca inyuma

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop