Advertising

Umuraperi Kanye west n’umugore we Bianca Censori bongeye kugaragara mu mafoto yavugishije benshi Kanye West akomeza guhimbwa amazina – AMAFOTO

23/09/2023 06:42

Amashusho agaragaza umuraperi Kanye West n’umugore we mushya Bianca Censori, ubwo bari bagiye guhaha muri Via Dei Calzaiuoli muri Florence mu Butaliyani akomeye kuvugisha benshi amangambure.

 

Kanye west w’imyaka 46 y’amavuko yagaragaye arimo gufotora umugore we Bianca w’imyaka 28 y’amavuko abaturage bose n’abafana babo bafashe amashusho aba bombi by’umwihariko Bianca wari uri kwimurika.

Aba bombi baherukaga kugaragara muruhame mu by’umweru 2 bushize mu Mujyi wa Venice. Ibinyamakuru bitandukanye bigaragaza ko police yari ikiri mu iperereza kubera imico mibi bagaragaje muri iki gihe cyabo bamaze mu Butaliyani.

 

Aba bombi bagaragaye mu mihanda ya Mania Kanye West Yashyize amavi hasi arimo gufotora umugore we w’imyaka 28 wari washishikaye.Muri ibi byose Kanye West yari yahise mu maso he ndetse no mu mutwe akoresheje igitambara cyumukara.

 

Nyuma yo gufata aya mashusho Kanye West yatwaye umugore we mu iduka rigurisha imiufi muri Florence. West na Censori bakoze ibidakorwa kugeza ubwo bafotowe mu bwato bambaye ubusa.

 

Nyuma y’uko gufotorwa, amakuru avuga ko umukozi wo mu bwato yagombaga kubazwa na Police ndetse n’ubuyobozi bwa Kompanyi itwara ubwo bwato isonera Kanye West n’umugore. Ubuyobozi bwemeza ko iyo utwara ubwato aza kubona aba bombi yari kuvatanga.

Kanye West yagaragaye ari kumwe n’umugore ukiri muto muri Florence
Kanye West nawe yafashe telefone arafotora abandi bamwerekezaho Camera zabo.

Bianca yashize amanga arifotoza karahava
Nyuma bajyanye mu iduka ricuruza imyenda n’imikufi igezweho

Basize inkuru i musozi
Previous Story

Nigeria: Umusore yirukanye umukobwa bakundana muri Getho umumobwa yanga kugenda ararira cyane

Next Story

Miss Muheto Divine yakoze impanuka ikomeye imodoka ye irangirika ijisho rye rigira ikibazo

Latest from Imyidagaduro

Go toTop