Advertising

Abashakanye : Kongera gukoresha agakingiro bwa kabiri muri gutera akabariro bigira ingaruka kubuzima bwanyu ! Menya impamvu

15/09/2023 09:32

Umwe mubahanga mu by’ubuzima witwa Abena , yahaye gasopo abanu bakoresha agakingirizo inshuro 2 cyangwa bakazirenza aho kugahindura.

 

 

Inama za Abena Yeboah zireba cyane abashakanye ndetse n’abandi bantu bafite imico yo gukoresha agakingirizo inshuro irenze imwe, avuga ko bishobora gutuma bahura n’ingaruka zo kwandura indwara zitandukanye kandi bakazandura mu gihe gito.

 

 

Ibi Abena yabivuze mu kiganiro akora mu masaha ya mu gitondo cyitwa ngo Prime Morining Show agaruka kubibazo bizanwa no kuba abantu bakozee mibonano mpuzabitsina bagakoresha agakingirizo inshuro irenze imwe, bishobora kubaviramo ikibazo gikomeye cyo kwandura indwara zitandukanye zisanzwe zandurira mu mibonano mpuzabitsina.Uyu mu byeyi yavuze ko byaba biteye ikibazo mu gihe abantu bakoresha agakingirizo kamwe ari babiri cyangwa umuntu umwe agakoresha agakingirizo inshuro zirenze imwe.

 

 

Byongeye kandi, Dr. Yeboah yagaragaje impungenge afite ko kuba nta burezi bw’imibonano mpuzabitsina buri mu mashuri ndetse n’ubutangwa n’abashinzwe kurera ari byo bintu nyamukuru bitera iyi ngeso mbi ikomoka kutamenya.Yavuze ko urubyiruko akenshi rushingira kuri interineti ndetse n’imbuga nkoranyambaga kugira ngo rumenye amakuru yerekeye ubuzima bw’imibonano mpuzabitsina, rimwe na rimwe bikaba bishobora kuyobya cyangwa zikabaha amakuru atuzuye.

 

 

Muganga Yeboah yasobanuye ko kongera gukoresha agakingirizo bishobora kubaviramo kwangirika mu buryo butandukanye.Mu gihe agakingirizo gashobora gutanyuka kubwimpamvu zitandukanye, kuzikoresha mumasohoro menshi byongera ibyago cyane kubera ko kaba gakoreshejwe inshuro nyinshi.Agakingirizo kacitse ntigashobora kurinda umuntu indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ndetse no gutwita udashaka.

 

 

Mu gusoza, ubutumwa bwihutirwa bwa Dr. Abena Yeboah kuri ‘Morning show’  butwibutsa cyane akamaro ko gukora imibonano mpuzabitsina irizwe.Gukoresha agakingirizo inshuro zirenze imwe ni ingeso mbi itera abantu ibyago byo kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina kandi bishimangira ko hakenewe cyane imyigire myiza y’imibonano mpuzabitsina ihereye kubakiri bato.Ni ngombwa ko abaturage bumvira umuburo wa Dr. Yeboah kandi bagashyira imbere gukoresha neza no guta agakingirizo kugira ngo barinde ubuzima bwabo n’imibonano mpuzabitsina.

 

Previous Story

Abarimo Fally Ipupa , Tiwa Savage na Nyanshiski bagiye guhurira mu gitaramo kidasanzwe mu Mujyi wa Nairobi

Next Story

Prince Kid umaze iminsi mike arushinganye na Miss Elisa Iradukunda yitabye urukiko kubyaha bifite aho bihuriye na Miss Rwanda

Latest from Ubuzima

Inama kubantu bagorwa no gusabana

Ushobora gushaka kuganiriza umuntu ukabura aho uhera kuko kwisanzura ari ikintu cyakunaniye. Ushobora kandi kunanirwa kugaragariza umuntu amarangamutima akurimo kuko utajya ubasha gusabana. Ibi

Uko warwanya impumuro mbi mukanwa

Kunuka mu kanwa biterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye, harimo kutoza amenyo neza, uburwayi bwo mu kanwa bunyuranye, kunywa itabi, ifuke y’inzoga, imiti imwe n’imwe n’izindi

Menya uburyo bwiza wasabamo imbabazi

Gukosa ndetse no kutumvikana ni ibintu ikiremwamuntu cyagiye kubana nabyo kuva mu bakurambere muri muri Edeni, gusa icyiza ndetse cy’ingenzi ni ukumenya uburyo ki
Go toTop