Ariel Wayz yashimangiye ko akunda cyane indirimbo ya The Ben yitwa ‘Konahindutse’ arayiririmba yose

by
29/08/2023 21:59

Umuhanzikazi Nyarwanda Ariel Wayz, yagaragaje ko The Ben ariwe mu hanzi yiyumvamo abinyujije mu ndirimbo Konahindutse , yaririmbye mu mashusho yashyize hanze.

 

Ni amashusho uyu muhanzikazi yashyize hanze , yandikaho amagambo agaragaza ko akunda uyu muhanzi ndetse yemeza ko iyi ndirimbo ariyo yambere akunda.

 

Mu magambo ye yanditse akurikije iyi video , Wayz yagize ati:” Ukwanga Nzamwanga , Nkunde ugukunda. Iyi ni imwe mu ndirimbo nkunda. The Ben sending love Your way”.

 

Muri aya mashusho Ariel Wayz aririmba igice kigira kiti ” Ukwanga Nzamwanga , nkunda ugukunda ! Kuko ntakiri wawundi , wawundi wakera aha ! …….”. Ubusanzwe Ariel Wayz ni umuhanzi Nyarwanda wamamaye mu ndirimbo zitandukanye ndetse akaza no kuvugwa mu rukundo na Kwizera Bosco wamamaye nka Juno Kizigenza ariko ntirumare kabiri.

 

The Ben ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bakunzwe cyane kugeza nanubu.Uyu muhanzi aherutse kubura umubyeyi.

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Previous Story

Ni nka Romeo na Julliette ! Ibyo wamenya ku rukundo rwa Prince Kid wateguraga irushanwa rya Miss Rwanda na Miss Elisa Iradukunda wamubaye hafi kugeza avuye muri gereza

Next Story

Umuhanzi Ross Kana yashyize avuga ko ariwe wihereye Element indirimbo ye ‘Fou de Toi’ kubera ko yari amwizeyeho abafana benshi ahishura ko ubu nta nigiceri yayibonaho

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop