Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango bifurije umwana wabo w’umuhungu isabukuru nziza y’amavuko Ally Soudy n’ibindi byamamare baramwikiriza

by
29/08/2023 12:06

Umunyezamu Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango ybateye imitoma umwana wabo w’imfura bamubwira ko bamukunda

Kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Kanama 2023 , Umukinnyi w’umupira w’amaguru Kimenyi Yves n’umugore we bashimagize umwana wabo witwa Kimenyi Miguel Yanis.

Miss Uwase wigeze kwiyamamaza muri Miss Rwanda , mu butumwa yanyujije kuri Konti ye ya Instagram yagize ati:” Ndaririmba isabukuru y’amavuko ku mwana wanjye mwiza w’umuhungu Kimenyi Miguel Yanis. Ndagukunda cyane”.

Nyuma y’ubu butumwa bwe , bamwe mu byamamare n’abandi batandukanye bifatanyije n’uyu mwana.Ally Soundy yagize ati:” Isabukuru nziza y’amavuko mwana muto”.

Yago yunzemo ati:” Uzarambe Mwami muto”.

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Previous Story

Umugore wari warabuze urubyaro yemeye ko yaryamanye na Pasiteri akaza kubyara abana babiri

Next Story

Ni nka Romeo na Julliette ! Ibyo wamenya ku rukundo rwa Prince Kid wateguraga irushanwa rya Miss Rwanda na Miss Elisa Iradukunda wamubaye hafi kugeza avuye muri gereza

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop