Dore akandi kamaro ka Coca-cola utari uzi

15/08/2023 21:03

Coca-Cola ni imwe mu binyobwa bikunzwe n’abatari bacye hano ku isi, inyobwa n’abantu ingero zose. Usibye kuba abantu bayinywa ariko yifitemo ibintu byinshi biyigize bifite undi mu maro utari uzi.

Iyo utayinyweye dore ibindi bintu ikora utari uzi:

1.Yoza battery y’imodoka: Coca-Cola ushobora gukoreshwa mu kiza battery y’imodoka kubera ko ibintu yifitemo bituma battery y’imodoka Isa neza ikamera neza ndetse imyanda yose yarimo igashiramo.

2.Irateka : Hari abantu bamwe n’abamwe babimenye kare bakoresha coca-cola mu guteka twavuga nko guteka inkoko n’ibindi.

3.Koza ubwiherero : Hari n’abandi bayikoresha mu koza ubwiherero aho ngo acid iboneka muri coca-cola ifasha koza neza igacyesha ubwiherero.

4.Koza imyenda : Hari ubwo umwenda ujyamo ibintu wafura bikanga kuvamo neza, ariko iyo wifashishije coca-cola acid ibamo ituma wamwenda ucya ndetse ugasa neza cyane.

5.Irinda imibu kukurya : Coca-Cola Kandi iyo wayisize ku mubiri wawe imibu ntago ikurya kubera ko coca-cola uba wisize ku mubiri wawe.

6.Yoza amadirisha: Coca-Cola Kandi ifasha mu koza amadirisha neza cyane cyane mu koza ibirahure.

Ese wowe Hari ikindi kintu Uzi coca-cola ikora tutavuze haruguru.!?

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: News Hub Creator

Previous Story

RIB yataye muri yombi abantu batatu bakoresha ibiganiro abafite ubumuga kuri YouTube

Next Story

Ese ururenda ruva mu gitsina rushobora ku kwereka ko wasamye?

Latest from Inkuru Nyamukuru

Kaminuza ya UTAB yahawe igihembo

Kaminuza ya UTAB iherereye i Byumba mu Karere ka Gicumbi yaherewe igihembo mu Imurikabikorwa ryaberaga mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Musanze.Ni igihembo yahawe

Banner

Go toTop