Umunyamakuru Khamis Sango wa Radio na TV 10 yambitse impeta y’urukundo Ikirezi Sallouah bamaze imyaka 12 bakundana amusaba ko yamubera umugore

06/07/2023 10:28

Umunyamakuru Khamis Sango wa Radio na TV 10 yambitse impeta y’urukundo Ikirezi Sallouah bamaze imyaka 12 bakundana amusaba ko yamubera umugore

Umwe mubanyamakuru babimazemo igihe Khamis Sango wamamaye cyane mu Kiganiro The Over Drive yambitse impeta umwari bamaranye imyaka mu munyenga w’urukundo.

Khamiss Sango ni umwe mu banyamakuru b basanzwe ari abayobozi b’ibiganiro by’imyidagaduro kuri Radio&TV10.Uyu musore kuri ubu yambitse impeta y’urukundo umukunzi we witwa Ikirezi Salluah bamaze imyaka 12 bakundana maze amusaba ko bazabana nk’umugore n’umugabo.

Khamis Sango asanzwe akorana n’abanyamakuru batandukanye barimo Kate Gustav n’abandi.Umuryango mugari wa Radio na TV 10 bamwifurije ishya n’ihirwe dore ko abantu benshi bashimishijwe n’intambwe ateye.

Previous Story

Uko umukobwa wa Padiri yabitse ibanga imyaka 40 n’uburyo yahanganye na Kiliziya Gaturika akayikuraho agatubutse

Next Story

Onana wakiniraga Rayons Sports yakiriwe muri Simba SC Aba Rayons bifata mu mutwe

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop