Umugore w’umuherwe cyane yatangaje akayabo ka mafaranga akoresha ku munsi biba impaka

30/06/2023 17:02

Linda Andrade ukomoka muri Leta zunze ubumwe za America ariko akaba yibera Dubai yavuze ko ubu kuri we atagikora ahubwo amara umwanya we wose atemberana n’inshuti ze.

 

Uyu mugore ukiri muto cyane, abinyujije ku mbugankoranyambaga ze, yashyize hanze amashusho agaragaza uko abayeho mu buzima bw’indoto za bamwe.Uyu mugore w’umukire w’imyaka 23, yavuze ko akoresha amafaranga angana na Million 16 n’ibihumbi maganatatu na mirongine arenga ku munsi.

 

Yavuze ko kandi ubutunzi afite atabukuye ku mugabo we witwa Ricky Andrade ukora ibijyanye na Cryptocurrency Trader.We yavuze ko ubwo yari afite imyaka 19 Aribwo yatangiye gukora cyane kuri ubu akaba abayeho mu buzima beabatunze agatubutse.Uyu mugore akomeje kubaho ubuzima bwiza ndetse akaba ari kubaho mu buzima bw’indoto za bamwe.

 

 

Source: Daily Mail

Previous Story

Nibyo ibintu 7 bishobora gutuma abakobwa bagusarira

Next Story

Iby’urubanza Ubushinjacyaha buregamo Ishimwe Diedone Prince Kid Byasubiye i Rudubi Taliki 14 Nyakanga 2023 bazarutangira Bushya ! kubera Iki? Menya Aho byahereye naho bigeze magingo aya

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop