Sinahisha inda yanjye, ntakibi ntinya, umugore w’imyaka 16 utwite yavuzeko agomba kumurikira rubanda inda ye

17/06/2023 22:30

Umukobwa w’imyaka 16 wamamaye cyane nka Mzbel, utwite inda y’imvutsi yakomeje kwerekana inda ye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko atazarecyere kwerekana amafoto ye atwite.

 

Mu gusubiza ubwo yibasirwaga ku mbugankoranyambaga, yavuze ko niba Rihanna ashobora kugenda munzira inda ye atwite iri hanze Kandi akabyara umwana umeze neza we ninde wo kutabikora.

 

Uyu mukobwa yafashe video agaragara inda atwite iri hanze avuga ko agomba kuyerekana ngo dore ko we ntakibi atinya mbese ntagira Ikintu atinya.

 

Source: theChronicle.com.gh

 

Previous Story

Dore ibintu usabwa kuba ufite kugira ngo abantu bose babone kugukunda

Next Story

Ibintu 6 ukwiye gukora Niba umukunzi wawe yakubabaje bikabije

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop