Advertising

Dore ingano y’igitsina umugabo agomba kuba afite kugira ngo ashimishe uwo bashakanye

14/05/2023 11:42

Hari amakuru uzumva yabamwe mu bagabo bazakubwira ko bafite ibitsina bito, ese biterwa ni iki ? Menya niba hari ingano ikenerwa kugira ngo umugore abashe kunezerwa.

Hari umusore twigeze kuganira ampa inkuru mpamo y’ikibazo cye numva ni ubwambere nacyumva .Uyu musore yambwiye ko afite ikibazo cy’igitsina gito cyane ndetse ambwira ko afite imbogamizi z’uko ashobora kutazashaka kuko abona atabasha gushimisha umugore we, yemeza ko n’icyo gitsina gito afite kidashobora guhaguruka.

Kuri ibyo rero abantu benshi bakunda kugira amatsiko y’ukuntu igitsina cy’umugabo nya mugabo kiba kireshya , nyamara igitsina uko cyaba kingana kose gishobora gushimisha umugore bitewe n’uburyo cyakoreshejwe.
Iki gisubizo nicyo nahaye mugenzi wanjye wambajije ariko nanone hari ibindi byo kumenya.Ubushakashatsi bugaragaza ko igitsina cy’umugabo cyafashe umurego , kigomba kuba nigura gipima hagati ya Ishi (Inchi) ya 5.1 na 5.5.Ubwo ni ukuvuga hagati ya 12.95 – 13.97 cm.N’ubwo bishoboka ko uburebure bwajya hasi cyangwa hejuru y’iyo mibar.

Mu bugari umugabo ashyutswe igitsina kiba kingana na Inchi 3.66 na 9.31 .Iyo bashyuyswe abenshi ubugari bw’igitsina bugna a na 4.45 cyangwa 11.66.N’ubwo abenshi ubushakashatsi bwagaragaje ko baba bafite iyi size cyangwa ingano ariko hari abarushaho bikaba bibi mu gihe barengeje cyane.

Medicalnews toda , bavuga ko kuva mu 1996, abashakashatsi bagaragaje ko abagabo benshi bagiye batishimira uburebure bw’igitsina cyabo bagahitamo kwibagisha bakacyongera.Bashiamngira ko umugabo ashobora kugira kandi igitsina gito cyangwa kinini ku mpamvu zitandukanye.

Icyambere ashobora kugira gito bitewe n’imismburo afite cyangwa bigaturuk ku ruhererekane rwo mu muryango.

Previous Story

Wari uzi ko kudahuza ubwoko bw’amaraso bishobora gutuma mutabyarana

Next Story

“Nta mwana ukwiye kwigira ikirara”! Umuririmbyi w’indirimbo ziramya Imana ishimwe josh yakebuye abana b’impfubyi.

Latest from Ubuzima

Inama kubantu bagorwa no gusabana

Ushobora gushaka kuganiriza umuntu ukabura aho uhera kuko kwisanzura ari ikintu cyakunaniye. Ushobora kandi kunanirwa kugaragariza umuntu amarangamutima akurimo kuko utajya ubasha gusabana. Ibi

Uko warwanya impumuro mbi mukanwa

Kunuka mu kanwa biterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye, harimo kutoza amenyo neza, uburwayi bwo mu kanwa bunyuranye, kunywa itabi, ifuke y’inzoga, imiti imwe n’imwe n’izindi

Menya uburyo bwiza wasabamo imbabazi

Gukosa ndetse no kutumvikana ni ibintu ikiremwamuntu cyagiye kubana nabyo kuva mu bakurambere muri muri Edeni, gusa icyiza ndetse cy’ingenzi ni ukumenya uburyo ki
Go toTop