Advertising

Zari Hassan yavuze ko we n’umugabo we Shakib Cham Lutaaya bari gukora amanywa n’ijoro ngo babone umwana

27/10/2023 13:23

Umuherwekazi Zari Hassan yashimangiye ko we n’umugabo we bari gukora amanywa n’ijoro kugira ngo barebe ko babona umwana.

 

Aba bombi Zari na Shakib , bakoreye ubukwe muri Afurika y’Epfo mu ibanga rikomeye. Uyu muryango utajya wicisha abafana irungu , watangaje ko bari gukora iyo bwabaga kugira ngo umwana aboneke.

 

Zari agaruka kuri aka kazi katoroshye ngo bari gukora amanywa n’ijoro, yagize ati:” Biri muri gahunda zacu kugira umwana. Mr Lutaaya nanjye turimo kubikoraho”.Ibi yabitangaje ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru.

 

Zari na Shakib bamaranye imyaka 2 irenga ndetse bigaragara ko urukundo rwabo atari urwo kurangira ejo nk’uko ikinyamakuru dukesha iyi nkuru Howwe kibitangaza.

Previous Story

Ghana : Umusore w’imyaka 24 yishe umukunzi we akamukuraho imyanya y’ibanga agamije kuyigurisha

Next Story

Bebe Cool yavuze ko umugore amuhagije ahakana ibyo kumuharika

Latest from Imyidagaduro

Go toTop