Zambia: Umupasiteri yatetse umuyoboke we mu isafuriya avuga ko ari kumukuraho imyuka mibi

16/01/2024 10:38

Uyu mupasiteri wo mu gihugu cya Zambia akomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga nyuma y’uko afashe umuyoboke we akamuteka mu isafuriya avuga ko ari kumukuraho imyuka mibi.

 

 

Aho kugira ngo uyu mupasiteri ashake ubundi buryo asengeramo uyu mugabo bwamukura mu byaha yahisemo kumuteka mu isafuriya.

 

Mu mafoto akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga uyu mugabo yagaragaye ari gukaranga uyu muyoboke we ashyiramo inyanya ndetse n’ibitunguru avuga ko aribyo bigiye kumwoza bimukuraho ibyaha byose yakoze.

 

 

Imbere y’imbaga y’abantu benshi bari baje gusenga, nibwo uyu mupasiteri yakoze ibyo benshi bakomeje kwita urwenya. Uko uyu mupasiteri yavanganga Niko umwe mu bayoboke be w’umukobwa yahendaga asukamo inyanya ndetse n’ibitunguru.

 

Sibyo gusa Kandi kuko uyu muyoboke we yari yicaye mu isafuriya Nini irimo imboga rwatsi arinako umupasiteri akomeza kuvanga kugira ngo ibyaha bimuveho neza.

 

 

Abantu benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga bakomeje kuvugishwa n’uyu mupasiteri bavuga ko nta muvugabutumwa umurimo kuko guteka umuntu ntacyo byatanga.

 

 

 

 

Source: kiss100.co.ke

Advertising

Previous Story

Dore impamvu abakobwa bakunda kwambara utujipo tugufi

Next Story

Mama Dangote yavuze ko atazahatira umuhungu we gushakana na Zuchu

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop