Umuhanzi Nyarwanda wahoze aririmba indirimbo zisanzwe zifashishwa n’abashaka gukundwakaza abo bihebeye akaza kubivamo agatangira izo guhimbaza Imana , Meddy, w’umugore we bakomeje gusubizanya mugakiza.
Ku wa Gatatu tariki 12 Nyakanga 2023 mu masaha ashyira ijoro nibwo umuhanzi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yagiye kumbuga nkoranyambaga ze uko ashizeho post umugore amwikiriza.
Ni ibintu byashimishije benshi na cyane ko bije nyuma y’amakuru yamaze igihe avuga ko Meddy akubitwa n’uwo yishakiye gusa bikagaragara ko ari ibihuha byo kumbuga nkoranyambaga.Meddy ati:” Yesu muri njye , icyizere cy’ikuzo”.