Yesu ari murinjye ! Meddy n’umugore we bakomeje kugaragaza ko bari mugakiza gasendereye nyuma y’amagambo yavuzwe ko Mimi amukubita

13/07/2023 06:33

Umuhanzi Nyarwanda wahoze aririmba indirimbo zisanzwe zifashishwa n’abashaka gukundwakaza abo bihebeye akaza kubivamo agatangira izo guhimbaza Imana , Meddy, w’umugore we bakomeje gusubizanya mugakiza.

Ku wa Gatatu tariki 12 Nyakanga 2023 mu masaha ashyira ijoro nibwo umuhanzi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yagiye kumbuga nkoranyambaga ze uko ashizeho post umugore amwikiriza.

Ni ibintu byashimishije benshi na cyane ko bije nyuma y’amakuru yamaze igihe avuga ko Meddy akubitwa n’uwo yishakiye gusa bikagaragara ko ari ibihuha byo kumbuga nkoranyambaga.Meddy ati:” Yesu muri njye , icyizere cy’ikuzo”.

Advertising

Previous Story

Rayons Sports yaguze izindi Ntwaro 3 zakataraboneka

Next Story

Nyanza: Abarimu 4 bafatiwe mu cyuho bari gukuriramo umunyeshuri inda

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop