Yemi Alade yasogongeje abakunzi be

03/06/2024 06:37

Umuhanzi wo muri Nigeria Yemi Alade yashyize hanze indirimbo yise ‘Tomorrow’ iteguza umuzingo yise ‘Rebel Queen’.

Ni indirimbo yakozwe na Yasho, ikaba imaze gukundwa n’abatari bake kuva yajya hanze.Agaruka kuri iyi ndirimbo, Yemi yavuze ko ijambo Tomorrow yarikoresheje kuko yashakaga kugaragaza ko ejo ariho habumbatiye ahazaza h’umuntu.

Uyu muhanzikazi witegura gushyira hanze umuzingo yise Rebel Queen , yavuze ko uzaba ugizwe n’indirimbo ziri mu njyana zitandukanye.”Nakoze iyi Album ‘Rebel Queen’ kugira ngo nkomeze ndeme umuziki nakuze nkunda.Natewe imbaraga n’umuziki wa Afurika bituma mpuza injyana nyinshi” Yemi Alade.

Yavuze ko kuririmba umuziki mu buryo bwa Live, atari ukujya mu Bitaramo nk’uko yagiye abyerekana muri Global Citizens , United Nation , The British Royal Family n’ahandi.

Yemi Alade yatangiye umwaka ataramira mu mikino ya AFCON ifungurwa ndetse ndetse yateguye igitaramo cye kizabera mu Bufaransa.

Advertising

Previous Story

Amavubi yerekeje muri Cote D’Ivoire

Next Story

Umugore w’imyaka 63 n’umugabo we w’imyaka 26 baritegura kwibaruka imfura

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop