Yashyingiwe afite imyaka 13 byinshi wamenya kuri uyu mugore Mary Lincoln Niba ukunda gukoresha imbuga nkoranyamaga uyu mugore Mary Lincoln uramuzi

08/07/2023 19:18

Yashyingiwe afite imyaka 13 byinshi wamenya kuri uyu mugore Mary Lincoln Niba ukunda gukoresha imbuga nkoranyamaga uyu mugore Mary Lincoln uramuzi

Benshi muzabona abahanzi bakora indirimbo nyinshi zihimbaza Imana, ukababona babikora bishimye ariko burya benshi baba bafite byinshi babana nabyo banyuzemo mu buzima bwabo bwa buri munsi.Ngibi bimwe mubyo wamenya kuri Mary Lincoln:Ni umuririmbyi uririmba indirimbo zihimbaza Imana uzwi cyane.

 

Yashyingiwe afite imyaka 13, ashyingiranwa na Lincoln.Afite umugisha w’abana batatu.Yahoze ari umunyamakuruUwahoze ari umugabo we yitwa LincolnUbu yashyingiranwe n’umunyamakuru witwa Njogu wa Njoroge.Yarezwe na Papa we ukomeye cyane mu rusengero kuko yari revera.

Yahoze akora mubyo gusuka imisatsi mu soko rya GikombaYakoze indirimbo yigarurire imutima ya benshi yitwa kamuhari, matuka.Benshi babona abakora indirimbo nyinshi zihimbaza Imana ariko ntibaba Bazi byinshi ku buzima bwabo baririmbyi.

Source: muranganewspaper.co.ke

Advertising

Previous Story

Rayvanny yarahiriye uwamubyariye umwana amuhamiriza kutazamusiga kabone n’ubwo yabona abakobwa bamurusha ubwiza

Next Story

Dore akamaro k’inyanya mu gikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashakanye

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop