Wamugabo wafashe kungufu imbwa 42 zigapfa yagejejwe imbere y’urukiko

29/12/2023 13:27

Mu nkuru yavugishije abantu benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mugabo wafashe kungufu imbwa 42, ndetse abantu benshi bibaza uko uyu mugabo yakoresheje izo mbwa imibonano mpuzabitsina ku gahato.

 

 

Kuri ubu uyu mugabo yagejejwe imbere y’urukiko. Nkuko byatangajwe ubwo  yatabwaga muri yombi, uyu mugabo yafunzwe azira ko yafashe kungufu imbwa 42 ndetse zikanapfa cyane ko izo mbwa ngo zahuye n’ibibazo nyuma yo gufatwa kungufu.

 

 

Bivugwa ko uyu mugabo yari asanzwe Ari umuntu wita ku nyamaswa ndetse ndetse yita kuri pariki. Izo mbwa 42 zose bivugwa ko yazifashe kungufu mu myaka 10. Muri iyo myaka yose uyu mugabo yabashije gufata kungufu imbwa 42 ndetse akaba aribyo Ari kuzira kuri ubu.

 

 

Bivugwa ko yitwa Adam Britton, ndetse  ko uyu mugabo yakoreye ibyo byaha mu gihugu cya Australia kuri ubu uyu mugabo yagejejwe imbere y’urukiko.

 

Abakoresha imbugankoranyamaga hirya no hino bakomeje kuvuga ko uyu mugabo ashobora kuba afite ikibazo kuko ngo umuntu usanzwe adakwiye kwitwara gutyo kugera aho afata kungufu imbwa 42 zose.

 

 

 

 

Source: Radio Jambo

Advertising

Previous Story

Wizkid yaguze imodoka yakataraboneka

Next Story

Perezida w’u Burundi yemeje ko bafasha FARDC kurwanya M23

Latest from HANZE

Go toTop