Menya ibiribwa byomora ibikomere mu gihe gito na Vitamini zikenerwa ngo igisebe gikire

11/09/2023 16:50

Hari ubwo umubiri wa muntu ukomereka cyangwa ugahura n’inguma zatewe n’ibintu bitandukanye  ariko zikaba zavurwa n’ibiribwa binyuranye  gukira bikaba mu gihe gito.

 

 

Cheshir Medical Center yakiriye abaganga mukomora, kuvura ibikomere no kwita kubarwayi  muri ubwo buryo nyuma bemezako imirire ishobora kwihutisha gukira kw’Igisebe n’inguma ziri mu mubiri mu gihe gito bitewe n’iyariyo.

 

 

Ibisebe cyangwa ibikomere bishobora kugaragara k’umubiri inyuma mu gihe kandi ibindi bishoora kutagaragara cyangwa bamwe bakaba barabazwe ariko bakabagwa mu bic bitagaragarira abantu gusa gusubirana k’umibiri w’umuntu bishohora kwihuta cyangwa bigatinda bitewe n’imirire ye ya buri munsi.

 

 

Michael Ormont MD wabaye umuganga kandi akita kubarwayi bafite ibisebe mu gihe cy’imyaka 18, yagize ati:”Kurya neza mu gihe cyo kwivura ibikomere bigufasha gukira vuba no kurwanya imyanda yakwinjira mu gisebe kikaba cyabyara izindi ndwara zikomeye nka Kanseri”.

 

 

 

 

U

yu muhanga yakomje yemeza ko , mu kuvura ibisebe bigaragara n’ibitagaragara hakenerwa Vitamini  Proteyine nyinshi , Karoli  zongera imbaraga mu ngingo , amazi menshi mu mubiri , Vitamini A, Vitamini C na Zinc.

Advertising

Previous Story

Urukundo Selena Gomeza amukunda rwamuteye amashaba ! Umuhanzi Rema yaciye agahigo katarakorwa n’undi wese binyuze mu ndirimbo basubiranyemo

Next Story

Gatsibo : Umuyobozi w’Umudugudu yagiye gukiza umugore n’umugabo bamukubita isuka mu mutwe ahasiga ubuzima

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop