Urukundo nyarwo ! Winston ubana n’umugore  ufite ubumuga akunzwe urukundo nyarwo n’umugore we

26/10/2023 17:47

Muri iki gihe biragoye kubona urukundo nyarwo hahandi umuntu agukunda agukunda uko uri. Noneho kuba ufite  ubumuga runaka biba bigoye gupfa kubona umuntu ugukunda cyane ko nuwo ubana n’ubumuga nawe aba acyeneye kubona urukundo mbese nawe akibera mu munyenya w’urukundo.

 

 

Uyu mugabo witwa Winston ufitr ubumuga bukomeye yakunzwe urukundo nyarwo n’uyu mugore witwa Mayfair ndetse uyu mugore amukunda uko Ari atitaye ko uwo musore afite ubumuga runaka. Gusa uyu mugore we nta bumuga ni umugore mwiza wuburanga wikundiye uwo mukunzi we Winston.

 

 

Bavuga ko urukundo rwabo rujya gutangira rwatangiriye ku rubuga rwa Facebook, ubwo uyu musore yari yashyize ifoto ye hanze ku rubuga rwa Facebook. Maze uyu mukobwa Mayfair afata imbere mu kwandikira uyu musore ufite  ubumuga bukomeye cyane, ndetse ntibyatinze ngo uyu mukobwa yasabye uwo musore ko banasohokana Aribwo urukundo rwabo rwahise rutangira.

 

 

Icyakora uyu mugabo Winston afite ubumuga  bukomeye bwo mu magufa butuma adakura . Gusa umukunzi we Mayfair we ntago ibyo yabyitayeho ajya kumukunda kuko ngo we yamukunze atitaye ku burwayi afite.Muri iyi minsi biragoye kubona urukundo nkuru.

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Umugore ukuze yagaragaye avuga ko nta rukundo rukibaho, ngo nta mugabo ugikunda umugore umwe

Next Story

Inkuru y’urukundo rwa Prisca ! Nakandagije umutima mu ihwa, urukundo rwanjye rurenge ndureba

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop