Urubanza rwa Kazungu Denis rwasubitswe

05/01/2024 10:15

Kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mutarama 2024, nibwo hari hateganyijwe urubanza rwa Kazungu Denis gusa rwimuriwe undi munsi.

 

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse iburanisha ku rubanza rwa Kazungu Denis , ukurikiranyweho ibyaha 10 birimo icy’ubwicanyi buturutse ku bushake n’iyicarubozo.

 

Urubanza rusubitswe nyuma y’ubusabe bw’Ubushinjacyaha bwandikiye Urukiko busaba ko ibyaha 10 akurikiranyweho bihurizwa hamwe.

 

Urubanza rwa KAZUNGU Denis rwimuriwe ku itariki ya 12 Mutarama 2024.

ISOHOKO IRI HANO

Isoko: TV 1 Rwanda

 

Advertising

Previous Story

Shakib Cham yavuze ko gushyingirwa na Zari aricyo kintu yagezeho muri 2023

Next Story

Kenya: Umugore n’umugabo basigiye umukozi umwana w’uruhinja batashye baramubura

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop