Umuturage yakoze urugendo rurerure azanira impano z’inkoko abanyamakuru b’imikino ba RBA

28/11/2023 14:09

Umuturage usanzwe witwa Tuyisenge Aimable utuye yazaniye inkoko abanyamakuru bakora urubuga rw’imikino kuri radio Rwanda RBA, avuga ko yazizanye kubera urukundo akunda ibikorwa bakora.

 

 

Ni Kenshi abantu bagaragaza urukundo rukomeye bafitiye abanyamakuru ariko ni gacye ubona umuntu ushobora kwitanga akazanira impano abanyamakuru, ndetse Niko byagenze kuri uyu musore Tuyisenge Aimable.

 

 

Yavuzeko ko yazaniye izo nkoko abo banyamakuru batabimusabye ahubwo yabikoze batabimubwiye kuko yashatse gukorerwa surprise abo banyamakuru akabazanira impano.

 

 

Yavuze ko yazigeneye abanyamakuru bakora urubuga rw’imikino kuri radio Rwanda aribo, Reagan, Kwizigira, Axel ndetse na Ruvuyanga.

 

 

Ibyo byagaragaye mu mashusho uyu musore yafashwe, ndetse ayo mashusho akaba Ari ku mbugankoranyambaga za RBA, urukundo uyu musore akunda abo banyamakuru rukomeje gukora ku mitima ya benshi.

 

VIDEO

 

 

urce: Radio Rwanda

Advertising

Previous Story

Waruzi ko hari ibiribwa bituma imyanya y’ibanga y’umugore ihora imeze neza

Next Story

Nkore iki ? : Nashakanye n’umukobwa mwiza nziko ari isugi none twageze mu gitanda ndibura

Latest from Imikino

Go toTop