Advertising

Waruzi ko hari ibiribwa bituma imyanya y’ibanga y’umugore ihora imeze neza

28/11/2023 12:14

Kugira ubuzima bwiza burya bijyana nibyo urya, Kandi ku mugore ni ngombwa ko umugore mu myanya ye y’ibanga hahora hameze neza. Rero inzobere zivuga ko hari ibiribwa umugore ashobora kutya bigatuma imyanya y’ibanga ye ihora imeze neza ndetse bigatuma yirinda indwara zimwe n’azimwe zifata mu myanya y’ibanga nka ma infection.

 

DORE BIMWE MURI IBYO BIRIBWA;

 

1.Ibijumba

 

Ibijumba ni byiza ku mukobwa kuko bifitemo Vitamin A ndetse ikaba ingenzi mu mubiri w’umugore ndetse bikaba byatuma imyanya yibanga y’umugore ihora imeze neza.

 

 

2.Imbuto

 

Ubusanzwe kurya imbuto ni byiza ku mubiri w’umuntu ariko Hari imbuto zishobora gutuma umugore ahora ameze neza mu myanya yibanga ye nkuko inzobere zivuga. Zimwe muri izo mbuto harimo Pome, inkeri,

 

 

3.Soya

 

Ni ngombwa ko umukobwa arya soya cyangwa ibiryo birimo soya kuko nazo ni ngombwa ku mubiri we ndetse no mu myanya y’ibanga ye. Soya yifitemo icyitwa phytoestrogen ndetse ikaba Ari ingenzi ku mubiri w’umugore.

 

 

4.Avoka

 

Nazo zifasha umugore mu mubiri we cyane mu myanya y’ibanga ye kuko yifitemo Vitamin B6, ikagiramo ikitwa Potassium ndetse bikaba bigira akamaro kanini cyane mu mubiri w’umuntu cyane umugore.

 

 

Mu gihe cyose wumvishe umuhumuro mubi uturuka mu myanya y’ibanga yawe bitewe nibyo wariye cyangwa wanyweye  ihutire guhita ubireka.

 

Birashoboka ko ushobora no kwitabaza abaganga mu gihe ubibonye gutyo ndetse abaganga baguha inama zishobora kukugirira akamaro.

 

 

 

 

 

Source: Healthline

Previous Story

Ayo mafaranga mugura telephone mujye muyashora mu bintu bibafitiye inyungu ! Umugabo yababajwe n’akayabo abakobwa bashobora mu ma telephone

Next Story

Umuturage yakoze urugendo rurerure azanira impano z’inkoko abanyamakuru b’imikino ba RBA

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop