Umutoza w’ikipe y’Igihugu Amavubi yahamagaye abakinnyi 30 bazamufasha kujya mu gikombe cy’Isi

05/11/2023 13:52

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Ugushyingo 2023, nibwo umutoza w’ikipe y’Igihugu Amavubi Bwana Torsten Frank yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 30 bagomba kurugeza mu gikopmbe cy’Isi kukeza no kukabi.

 

 

Biteganyijwe ko ikipe y’Igihugu Amavubi izakira ikipe ya Zimbabwe ndetse na Afurika y’Epfo.Muri aba bakinnyi harimo Umunyezamu wa Musanze FC Gad Muhawenayo , na Tatou ukinira ikipe ya Mukuru VS.Muri iyi kipe kandi harimo n’umukinnyi wa Marines FC Gitego Arthur na Nzeyurwanda Djihad umunyezamu wa Kiyovu Sports.

 

 

U Rwanda ruzabanza kwakira Zimbabwe tariki 15 Ugushyingo uyu mwaka , rukurikizeho Afurika y’Epfo nayo muri uyu mwaka tariki 21 Ugushyingo.Iyi mikino yombi izabera kuri Stade Mpuzamahanga y’Akarere ka Huye.

Uyu munsi ku Cyumweru tariki ya 04 Ugushyingo  nibwo ikipe y’Igihugu Amavubi yatangiye umwiherero , aho abakinnyi bazaba kuri St Famille

Advertising

Previous Story

Dore amagambo umugore cyangwa umukobwa bakunda kubwirwa n’umugabo we cyangwa ubo bakundana

Next Story

Diamond Platnumz yongeye kugaragara mu mashusho ari gusangira n’umugabo wa Zari Hassan bahuje urugwiro

Latest from Imikino

Go toTop