Umusore yararanye umukobwa ijoro ryose yamusezeranyije Telefone ya Iphone 12 amuhaye iy’amatushe bihinduka intambara umukobwa ararakara cyane

28/07/2023 17:53

Umukobwa yagize agahinda gakomeye nyuma yo kubeshya n’umusore wari wamusezeranyije Telephone yo mu bwoko bwa Iphone 12 nyuma akaza kumuha iy’amatushe nyamara yamuraranye ijoro ryose.

Uyu mukobwa wo mu gihugu cya Nigeria, yatangaje ko uyu musore yahoraga amubwira ngo azamusure nyamara ntamubwire icyo amushakira.

Mukuhagera uyu mukobwa yemeza ko nyamusore ngo yahise amusaba ko baryamana ndetse amusezeranya ko aramugurira Telefone nziza cyane yo mubwoko bwa Iphone 12.

Uyu mukobwa yagize ati:” Ese ko twavuganye ko nimbyemera urampa telefone ya Iphone 12 ibi unkoreye ni ibiki (Uyu mukobwa yabivuganye agahinda)”.

Uyu mukobwa avuga ko umusore yakoresheje ubwenge bwo kwandikira mugenzi we ucuruza Telefone ubundi akamwoherereza amafoto bagasaba umukobwa guhitamo iyo ashaka nyamara ari ukumubeshya.

Ese kuki yabimukoreye ? Ese byari bikwiye ? Ese umukobwa we ntamakosa afite ?

 

Advertising

Previous Story

Umusore yahetse imbwa kugira ngo ayisinziriza benshi bamushimira urukundo afite

Next Story

Umurundi yamfashe ku ngufu antera inda ahita acika none nabuze icyo ntungisha umwana! Uwamahoro Sandrine yabyaye afite 15 aratabaza!

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop