Umusore yahetse imbwa kugira ngo ayisinziriza benshi bamushimira urukundo afite

28/07/2023 06:51

Amashusho y’umusore warimo azembagizagiza imbwa ayihetse mu mugongo akomeje gutangaza benshi bibaza ingano y’urukundo afite.

 

Uyu musore wo mu gihugu cya Nigeria nk’uko ibitangazamakuru dukesha iyi nkuru byahariya muri Nigeria bibitangaza, ngo yarimo aririmba indirimbo zahimbiwe Imana ndetse n’iyitwa “Believe Me” ya John Drille imaze kuba ikimenya bose muri Nigeria n’ahandi.

Muri aya mashusho, uyu musore yagaragaye ahetse iyi mbwa nayo iramukundira iratuza kugeza indirimbo irangiye dore ko byagaragaraga ko yari yishimiye kuba mu mugongo w’uyu musore.

Advertising

Previous Story

Producer wamamaye mu Rwanda Junior Multisystem yapfuye

Next Story

Umusore yararanye umukobwa ijoro ryose yamusezeranyije Telefone ya Iphone 12 amuhaye iy’amatushe bihinduka intambara umukobwa ararakara cyane

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop