Producer wamamaye mu Rwanda Junior Multisystem yapfuye

27/07/2023 21:18

Umwe muba Producer bari bamaze kubaka izina rikomeye muri muzika Nyarwanda yapfuye azize uburwayi.

Umwe mubo mu muryango we yabwiye Inyarwanda dukesha iyi nkuru ko uyu mugabo yitabye Imana aguye mu bitaro bya Nyarugenge byo mu Mujyi wa Kigali.

Yagize ati:” Yego ! Yapfuye yaguye mu Bitaro bya Nyarugenge kuri uyu wa Kane tariki 27 Nyakanga 2023″.

Uyu mugabo ntabwo azibagirana mu mitwe y’Abanyarwanda bakunda umuziki Nyarwanda binyuze mu buryo yateguraga akanatunganya indirimbo zitandukanye.

Advertising

Previous Story

“Ndi mwiza cyane kandi n’abantu barabimbwira gusa ndifuza kuzajya mu ijuru ndetse ndanabisengera cyane” ! Uwera Judy yemera ko imyambarire atariyo yubaka urugo

Next Story

Umusore yahetse imbwa kugira ngo ayisinziriza benshi bamushimira urukundo afite

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop