“Umusore nasambanaga nawe ubugingo bwe nahitaga mbujyana ikuzimu” Umukobwa mwiza yavuze uburyo yakoranaga na Satani

23/04/2023 20:47

Inkuru nk’izi akenshi zigorana kuzumva ndetse bamwe ntabwo bazifata nk’ukuri gusa uyu we yagaragaje uburyo yakoranaga na Satani , yamara gusambana n’umusore agatwara ubugingo bwe ‘umugisha we wose kabiha satani.

Uyu mukobwa witwa Niyonshima Halima, yasobanuye ko ubwo yamaraga kuryamana n’umusore yamwamburaga umugisha Imana yamuhaye akajyana ubwenge bwe ndetse n’ibindi byinshi atunze bikaba biragiye ku buryo mu bwo yakoraga byose nta nakimwe cyongeraga kugenda neza muri make ntanyungu yongeraga kubona.

Halima yagize ati:” Navukiye I Remera nyuma tuza kujya Kimironko , mvukira mu muryango w’abana 9 dusengera mu idini ya Isalm.Navutse mbona mama na papa batabana kuko batandukanye mfite imyaka 4 ntaramenya ubwenge, rero nderwa na muka data nza kumenya amakuru ya mama maze gukura.

Nkiri umwana muto , iyo bwiraga nabonaga ndi ahandi hano, ipusi twari dufite yazaga nijoro aho ndi , nkarara ndi ahandi hantu.Ngeze mu myaka 10 naje kujya mbona umugore aza kundeba mu cyumba, nzagukurana ubwoba nijoro sinzimye itara.Bigeze aho akajya aza ari umukecuru , nabivuga bakambwira ngo ubwo mbanaryamye ntasenze ariko nanabikora ntihagire icyo bitanga”.

Yakomeje agira ati:” Uwo mukecuru byageraga nijoro nkabona turi kuryamana, kumbe baramunshyingiye njye ntabizi, uwo mukecuru yarambujije ngo sinza byare, umutima waragarukaga nkagira agahinda kenshi kuko yari yarambujije no gutanga urubyaro gusa.

Uko umusore yabaga ameze ko , ntabwo nakundanaga nabasore baciriritse kuko abasore bose twakundanaga bose barambwiraga ngo turyamane, twaryamana ibyifuzo byose byaragendaga , amafaranga n’ibindi bikagenda.Umugisha namara kuwumwambura nkawuha satani”.

Uyu mukobwa yakomeje avuga iby’ubuzima bwe , niyo mpamvu tubahaye ikiganiro hasi kugira ngo mumenye iby’ubuzima

Advertising

Previous Story

Umugabo w’imyaka 52 yijyanye kuri Police yirega kwica umukunzi we avuga aho yahishe umurambo we

Next Story

Abanyafurika y’Epfo bashimiye u Rwanda rwakijije Miss Mutesi Jolly kugwa mu mutego w’abatekamutwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop