Umusore mwiza wagaragaye mu muhanda adandaza inkweto akomeje kuvugisha benshi cyane cyane abakobwa kuko bamukunze cyane

11/08/2023 19:40

Ifoto y’umusore mureremure mwiza ushingute wari wambaye ikote ryiza ubwo yari ari kudandaza inkweto ikomeje gusiga inkuru I musozi.

Ibi byabaye ubwo uyu musore yafatwaga amashusho ahagaze imbere y’ibyo yacuruzaga Ari mu gakote keza ndetse ubu yigaruriye imitima y’abakobwa benshi kubera uko ateye.

Uyu mugabo cyangwa Umusore utaramenywa uwo yari we yakomeje gusigara mu mitima ya benshi kubera uko yacuruzaga ibicuruzwa bye ameze ndetse yambaye.

Nk’uko ifoto yashyize hanze ku rubuga rwa Facebook kuri konti yuwitwa Prince Khelechy we yavuze ko uyu musore Ari umwihirinzi mbese ni umukozi udakina nakazi ke.

Benshi bakomeje kwibaza impamvu ngo Umusore mwiza nkawe yajya gucuruza ku muhanda ariko burya uwo iminsi itaraniga agaramye agirango ijuru riri hafi.

Uyu musore akomeje kwigarurira imitima y’abakobwa kubera ubwiza kuberwa ndetse nuburebure yari afite.Ese wowe kujya mu kazi kawe wambaye neza Niba ufite ubushobozi bitwaye iki.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: the talk.ng

Advertising

Previous Story

Umukobwa yagaragaye akubita nyina umubyara amuziza guhora azana abagabo bagahora batera akabariro munzu yabo

Next Story

Abakobwa ba Mulindahabi Irene bateguje indirimbo nshya

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop