Umushoferi yavuze uburyo yafashwe kungufu n’umugore abyita imikino

27/01/2024 18:29

Imwe mu nkuru yavugishije abantu benshi ni inkuru y’umumotari wo mu gihugu cya Kenya n’ubundi wavuze ko yafashwe kungufu n’umugore yatwaye, ariko ubu undi mugabo yavuze uburyo nawe aherutse gufatwa kungufu abyita imikino.Uyu mugabo witwa Alex Mogaka usanzwe atwara tax mu mujyi wa Nairobi, yavuze uburyo aherutse gufatwa kungufu n’umugore abyita imikino ariko bikarangira afashwe kungufu.

 

 

Nk’uko uyu mugabo yabunyujije ku mbugankoranyambaga, yavuze ko yabyutse mu gitondo ajya mu kazi nkuko bisanzwe. Ndetsee ngo yabonaga umunsi we uragenda neza nubwo byaje kurangira ahuye nuruva gusenya.Yavuzeko yaje gutwara umugore amujyanye kuri hotel abamo, umugore amusaba ko yamuherecyeza ngo kwakuntu abagabo bumva bafasha abagore maze nawe arabyemera amutwaza akantu yari afite karemereye akageza mu cyumba uyu mugore araramo.

 

 

Akigeramo ngo uyu mugore yamusabye kwicara, maze uyu mugore ngo ahite amukuramo imyenda kungufu nawe akuramo iye, abyita imikino birangira bateye akabariro Kandi yabyitaga imikino. Uyu mugabo yavuze ko yabikoze kuko iyo abyanga yari gushinjwa gufata kungufu uyu mugore.Icyakora inzego zumutekano zo mu gihugu cya Kenya zikomeje gukora iperereza ry’imbitse mu gushakisha amakuru kuri ibyo bintu bikomeye kuvugwa aho ngo abagabo bakomeje gufatwa kungufu mu gihugu cya Kenya.

 

 

 

 

 

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Boss wanjye yamfashe kungufu asanze nkiri isugi atangira gukoresha umunwa mu myanya y’ibanga yanjye ! Grace

Next Story

Umukobwa yavuze uburyo papa we yamugize umugore we n’abashiki be akabanduza na SIDA

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop