Boss wanjye yamfashe kungufu asanze nkiri isugi atangira gukoresha umunwa mu myanya y’ibanga yanjye ! Grace

27/01/2024 18:21

Umukobwa witwa Grace wo mu gihugu cya Kenya yavuze uburyo yahohotewe mo n’uwahoze ari boss we ubwo uwo mu boss we yashwanaga n’umugore we bityo bigatuma umugore we yahukana, aho boss we yamufashe kungufu asanze akiri isugi atangira gukoresha umunwa mu myanya y’ibanga ye.

 

 

Yavuzeko yakuriye mu buzima bubi bugoye, aho ubwo yari afite imyaka 6 gusa papa we umubyara yapfuye, agasigarana na nyina gusa. Nyina umubyara yakoraga akazi nyuma aza kuba umusinzi ndetse gushakira abana ikibatunga bitangira kumugora kuko yari umusinzi.Grace kuko ngo yariwe mfura mu rugo iwabo, abonye nyina atakita ku bavandimwe be yahisemo kujya gukora akazi ko mu rugo bityo ko yajya abona amafaranga amufasha kwita kubana bavukana.

 

 

Yavuzeko yabonye akazi mu mujyi wa Naivasha ndetse arinaho avuka. Hashize amezi akora muri urwo rugo, nyirabuja na sebuja baje kugirana amakimbirane aribyo byatumye umugore mu gitondo apakira utwe twose asiga umugabo we amusigana n’abana babiri babahungu babyaranye.Grace akomeza avuga ko muri iryo joro yagaburiye abana ndetse akajyana kuryana.

 

 

Avuga ko yari aryamye mu ntebe nuko boss we araza atangira kumufata kungufu. Akibona ko ari isugi, ngo boss we yatangiye gukoresha umunwa mu myanya y’ibanga ye ndetse byari ibintu uyu mukobwa ngo atazi cyane ko yari akiri isugi.Uyu mukobwa yasoje avuga ko yangiritse mu mutwe ndetse ashaka umuntu umuganiza kuko gufatwa kungufu kwe ntarabyakira. Yaboneyeho umwanya wo kugira inama abagabo kujya bareka ingeso mbi zo gufata kungufu abakozi babo bitwaje ko aribo babahemba.

 

 

 

 

Source: muranganewspaper.co.ke

Advertising

Previous Story

Umugabo ukiri muto yatawe muri yombi azira gusambanya ihene

Next Story

Umushoferi yavuze uburyo yafashwe kungufu n’umugore abyita imikino

Latest from HANZE

Go toTop