Umupasiteri yatangaje ibintu bikomeye ku mugore abyuka nyuma y’umugabo we

26/11/2023 08:21

Pasiteri Ezekiel yatangaje ko umugore ubyuka nyuma y’umugabo we atari umugore mwiza na gato.

 

Ezekiel yagize ati:”Dushingiye ku mugabo w’Imana ishaka, umugore we aba agomba kubyuma kare.Umugore ukomeza kuryama kandi umugabo we yabyutse ntabwo ari umugore mwiza na gato kuko burya ntabwo umugabo abyuka mbere y’umugore.

 

”Impamvu yabyo , ni uko umugore ari we ukwiriye kuba urumuri rw’urugo.Ni we ukwiriye kubyuka mbere , agategura abana bakajya kwiga,agategura ibyo murugo,yarangiza agategurira umugabo we ibya mu gitondo”.

 

Pasiteri Ezekiel yakomeje agira ati:”Ariko mugabo niba ubyuka mbere y’umugore wawe, ndagusabiye.Bibiliya ivuga ko umugore w’umunyabwenge , abyuka kare mu gitondo mbere y’umugabo we, kandi burya ngo ni ubuye ryiza k’umugabo we.Uyu ntabwo ari umugore”.

 

Ti:”Uyu mugore umeze gutya, numushaka, uzicuza, kuko azaajya aguca inyuma kubagabo tandukanye”.

 

Ese wowe urangije gusoma iyi nkuru, wemeranya na Pasiteri Ezekiel ? Duhe igitekerezo cyawe.

Advertising

Previous Story

Urukundo ruravuza ubuha ! Diamond Platnumz yatunguye Zuchu aramusohokana – AMAFOTO

Next Story

Dore impamvu abasore benshi banga gushaka abagore

Latest from Iyobokamana

Go toTop