Umunyarwenya Rusine agiye guhurira kurubyiniro rumwe na Kansiime mu gitaramo Seka Live

12/09/2023 21:54

Umunyarenya uzwi ku mazina ya Rusine wamaze guhabwa akazi kuri Kiss FM agiye guhurira kurubyiniro rumwe na Kansiime mu gitaramo cya Seka Live kizabera muri Camp Kigali tariki  24 Nzeri 2023.

 

Iki gitaramo cya Seka Live kiri mu bitaramo bigezwe ho muri Afurika ndetse kikaba kimaze no kubaka izina mu guhuza Abanyarwenya  bakomeye muri Afurika.

 

Mu kiganiro yagiranye na IGIHE dukesha iyi nkuru, Rusine yemeje ko ari ibigwi kuri we kuba agiye guhurira kurubyiniro rumwe na Kansiiime.Uyu munyarwenya yagize ati:”Erega aba nibo ba Burna Boy na Davido bacu, urumva rero ni ishema kuba nkomeje gutaramana nabo.Ibaze ko hafi y’ibyamamare byose byo muri Afurika tumaze guhurira kurubyinio  abaye ari wowe ntiwakwishima ?Ni amahirwe nagize mu rugendo rwanjye”.

 

Advertising

Previous Story

Abakobwa : Dore ubutumwa utari ukwiriye koherereza umusore mukundana

Next Story

Byinshi k’ubuzima bwa Diamond Platinumz amateka ye n’ibyamuranze kuva akiri umwana kugeza ubu

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop