Umukobwa yishwe n’agahinda nyuma yuko yandikiye se umubyara ngo amuhe amafaranga y’inzu ariko akanga kumusubiza

14/10/2023 18:49

Uyu mukobwa wo gihugu cya Kenya, yishwe n’agahinda Kenshi nyuma yo kumara igihe kinini yinginga papa we umubyara ngo amuhe amafaranga y’inzu ariko Papa we akanga kumusubiza.

 

 

Ubusanzwe si byiza ko umubyeyi yandikirwa n’umwana we ntasubize, mu gihe wita ku bana bawe ni ngombwa ngo ugerageza ubahe byose bashaka, niyo utabibaha byose ariko ni ngombwa ko ubonera umwanya urubyaro rwawe.

 

Mu mafoto, uyu mukobwa witwa nyako yafashe ibyo yandikiye papa we byose maze abishyira hanze ku rubuga rwa Thread rwahoze rwitwa Twitter. Gusa uyu mukobwa yandikiraga Papa we umubyara ariko akanga kumusubiza.

 

Gusa uyu mukobwa kandi avuga ko kuva muri 2021 yandikiraga se umubyara ariko ntakintu kuva icyo gihe ntajya amusubiza, yibaza Niba papa we umubyara akiriho cyangwa yarapfuye Wenda.

 

Abakoresha urubuga rwa Thread rwahoze rwitwa Twitter, bakomeje kwibaza impamvu uyu mubyeyi adasubuza umwana we ndetse bibaza kuntu umwana aburana na se umubyara kuva muri 2021.

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

No kwiyahura birashoboka, Bijoux wamamaye muri Bamenya yavuze akantu ku kandi ku byamubayeho

Next Story

Diamond Platnumz arembeye mu Bitaro

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop