Umukobwa yavuze uburyo yaje kuvumbura ko inshuti ye babanaga mu cyumba yaryamanaga na se umubyara

09/12/2023 19:07

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga ni inkuru y’uyu mukobwa wavuze ko yaje kuvumbura ko inshuti ye babanaga mu cyumba kimwe yaje gusanga yararyamanaga na se umubyara atabizi.

Nkuko uyu mukobwa we abivuga, iyo nshuti ye babanaga mu cyumba kimwe yakundaga guteretana n’abagabo bakuze [ sugar daddy ] mu rurimi rw’Amahanga ndetse we ngo ni ibintu yabonaga ko ari bibi nubwo inshuti ye itabyumvaga kimwe nawe.

 

Yavuze ko kandi yakundaga kugira inama inshuti ye, aribwo yavuze ko umunsi umwe yicaje iyo nshuti ye ayigira inama yo kureka guteretana n’abagabo bakuze ariko ngo ibiganiro ntibyagenze neza kuko inshuti ye yahise irakara ndetse imusiga aho wenyine.

 

Umunsi ukurikira ntago we n’inshuti ye bongeye kuganira kuri ibyo bintu gusa nibwo yaje kuvumbura ko inshuti ye babanaga mu cyumba cye yaryamanaga na se umubyara.

Mu magambo ye yagize ati” narimbizi ko inshuti yanjye ikundana n’abagabo bakuze, umunsi wa nyuma twabiganiyeho wabaye ikibazo ndetse mpitamo guhagarika kutongera kubimuganizaho.

 

Gusa ikintu ntari niteze kumenya nuko yaryamanaga na papa wanjye umbyara.”Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu ariko ngo burya inshuti nayo ishobora gukutenguha mu buryo nawe utari witeze.

 

Source: Ghpage.com

Advertising

Previous Story

“Mu gihe utazi kwita ku mugabo wawe naryamana n’umukozi wo murugo ntuzababare” ! Mwende Frey

Next Story

Ibyaha bya Mama byatumye mfungwa ! Ku myaka 16 yafunzwe acyekwaho kwica papa we umubyara

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop