Umukobwa yategetswe gukuramo ikibuno cya Fake imbere y’umusore bakundana umusore arumirwa

05/02/2024 11:08

Ni kenshi usanga abakobwa bamwe n’abamwe bambara amabuno yamaterano kugira ngo bakurure abasore n’abagabo ariko Hari ubwo usanga bafatwa kubera ko ntawutwika inzu ngo ahishe umwotsi.Imwe mu nkuru ikomeje gutangaza benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’uyu mukobwa wasebeye imbere y’umusore bakundana aho yakuyemo ikibuno cya Fake maze agasigarana akabuno Gato Umusore arumirwa.

 

 

Ni mu mashusho yanyujije ku rukuta rwa TikTok ndetse ayo mashusho akomeje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga aho abantu benshi bakomeje kumirwa.Icyakora bivugwa ko uyu mukobwa ariwe wari wabipanze gukuriramo ikibuno cya Fake mu maso y’umusore bakundana agamije kugira ngo arebe uko Umusore bakundana arabigenza.

 

Ubwo uyu mukobwa yatangiye gukuramo imyambaro Umusore yatangiye kwikanga ariko umukobwa akimara gukuramo ikibuno cya Fake, Umusore yahise yifata mu mutwe ubona ko yatunguye ndetse yatengushwe.Ese usanze umukobwa mukundana yambara ikibuno cya Fake kugira ngo atere neza wabigenza Ute!???

 

 

 

 

 

Source: Tuko

 

 

Advertising

Previous Story

DR Congo: Abaturage bafite ubwoba n’impungenge ko M23 igiye kuniga uyu Mujyi

Next Story

Nakoresha n’amarozi kugira ngo ntahomba umugabo wanjye w’umuzungu ! Nyota Ndogo

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop