Umukobwa yakubiswe hafi gukurwamo ijisho nyuma yuko umuhungu amuterese ariko umukobwa akamwiryaho

by
08/10/2023 11:42

Umusore yakoze amahano akubita umukobwa hafi kumukuramo amasomo amuhoye ngo kutamukunda.

 

Muri iyi minsi akobwa bari gushinjwa gukora amakosa ngo yo gushaka gusebya abasore bakundana nabo ndetse ngo bakanabandagaza kubera kutabimishira.

 

Uyu mukobwa witwa Nikita Kalubi yakuswe agirwa indembe hahandi bivugwa ko ijisho rye barimeneyemo. yakubiswe n’umusore wamuvugishije uyu mukobwa amwiryaho birangira uyu musore akubise uyu mukobwa ndetse ngo uyu musore ntabwo yigeze atabwa muri yombi.

 

Nikita Kalubi ubusanzwe ni umunyamideli ndetse wabigize umwuga, afite imyaka 25. Avuga ko ubwo yarari mu muhanda agenda yahuye n’umusore maze uwo musore ashima ubwiza bwuyu mukobwa.

 

Mu gihe uyu musore avugishije umukobwa umukobwa amwima amatwi. Uyu musore ararakara maze afata itafari aturutse inyuma ahonda ku isuru yuyu mukobwa. Uyu mukobwa yakubiswe, ubwo yari yasohokanye n’inshuti ze muri Cape Town.

 

Uyu mukobwa yavuze ko uburibwe bukiri bwose ndetse ko yababajwe n’isura ye uyu musore yangije dore ko isura ye iri mu byamuhaga amafaranga cyane ko yari umunyamideli.

 

Akimara gukubitwa itafari mu isura, uyu mukobwa yajyanwe ku bitaro maze abaganga bihutira kureba ikibazo kiri ku jijo. Uyu mukobwa yajyanwe avuga ko ijisho rye ntaryo yumva ndetse ko iri jisho rye ryangiritse bikomeye aho rishobora no kuvanwamo.

 

Inkuru yuyu mukobwa ikomeje kuvugisha benshi bagira inama abakobwa kujya bareks gusuzugura abasore kuko baba batazi ngo abo basore bashobora gukora iki.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

Source: express.co.uk

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Kurera abana si iby’abagabo ! Umugabo yahawe urwamenyo nyuma yuko asigiwe umwana ngo amurere bikarangira asinziriye

Next Story

Bamunzanire muri Battle mukubite agakoni kunda ikindi agabanye ubwoba ! Bruce Mekody yishongoye kuri The Ben agaragaza ko ntaho ahuriye nawe mu kuririmba yemeza ko ifoto itari kumutera ubwoba

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop