Umukobwa yagaburiye basaza be ibiryo ku makoma nyuma yuko uko bose banze koza amasahane

09/06/2023 18:51

Mu mashusho yanyujije ku rukuta rwa TikTok, yagaragaye mo umukobwa wahaye basaza be ibiryo ku makoma nyuma Yuko ngo banze koza amasahane.

 

Mu mashusho akomeje kuvugisha benshi dore ko iyo video imaze gukundwa n’abarenga ibimbi mirongo itanu kuri uru rubuga rwa TikTok ku Zina rya @de_ouse.

 

Uyu mukobwa yavuze ko yavutse ari umukobwa mu bahungu bane, bakaba bakunda kurangiza kurya ntiboze ibyo baririyeho. Niko gufata umwanzuro akabahera ibiryo ku makoma.

 

Mu mashusho, abo basore bigaraga uko bitwaye babonye babagaburiye ibiryo ku makoma dore ko ntayandi mahitamo bari bafite ahubwo ibiryo babiririye ku makomo dore ko harimo n’uwera ndavuga umuceri.

 

Ayo mashusho afite iminota 4 n’amasegonda 8, uyu mukobwa witwa Chidinma nibwo yavuze ko abavandimwe be batajya boza amasahane.

 

 

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Ikizungerezi Linda ukina muri filime Umuturanyi yavuze ko Rusine uko akina muri filime arinako ameze mu buzima busanzwe

Next Story

Umugabo wafunzwe imyaka 68 yagize isomo ry’ubuzima yigisha

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop