Umukobwa w’uburanga budasanzwe Huddah Monroe yatangaje ko nta nshuti akeneye mu buzima bwe

02/10/2023 12:18

Umukobwa wo muri Kenya Huddah Monroe wamamaye cyane kumbuga nkoranyambaga yatangaje ko adakeneye inshuti ahubwo ko akeneye abakiriye n’abamuha amafaranga cyane.

 

Monroe yemeko nta nshuti agira ndetse ko ntanizo akeneye.Yagize ati:” Nkunda ubuzima bwanjye ubu , nta nshuti mfite kandi ntanizo nkeneye. Abakiriya banjye n’abankurikira nibo nshuti zanjye abandi mwese ndabasabye , ntimukampamagare , ntimukanyandikire, ntabwo mbazi kuva uyu munsi n’ikindi gihe”.

 

Uyu mukobwa yemeza ko abantu bubu bavuga ko muri inshuti ndetse bakaza no kukureba nyamara bagira ngo batware amazimwe gusa.Ati:” Abantu bubu ntabwo bakwitayeho , baguhamagara bagira ngo batware amazimwe gusa , ariko abakiriya bawe burya nizo nshuti zawe”.

 

Uyu mukobwa yemeza ko mu gihe abantu mudakorana ubucuruzi runaka , nta nimpamvu yo guhamagarana cyangwa kwandikirana.

Advertising

Previous Story

Apotre Yongwe wavuze ko atunzwe n’amaturo yatawe muri yombi na RIB

Next Story

MU MAFOTO : Irebere uburanga bwa Zari Hassan ugiye gukora ubukwe bwa kabiri na Shakib Lutaaya umusore ukiri muto arusha imyaka myinshi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop