Umukobwa witwa Mercy akomeje kwicuza nyuma y’uko ataye iwabo heza akajya kubana n’umukunzi we wibera mu gishanga

30/07/2023 18:45

Ese wari wakora ikintu mu buzima bwawe ukumva ukoze ikintu nyacyo ariko nyuma ugasanga waribeshye!! Rimwe narimwe abantu bafata umwanzuro runaka ugasanga umwanzuro bafashe urimo guhubuka kwinshi bitewe nicyo bari biyemeje gukora.

 

Niho usanga umuntu yitaye ku marangamutima ye mu gufata umwanzuro runaka ariko akirengagiza uko ibintu bigaragarira amaso.

 

Nibyo biri kuba ku mukobwa witwa Mercy ukomeje guca mu buzima bubi bugoye nyuma Yuko afashe umwanzuro ahubutse bikamuviramo ibibazo.

 

Mu makuru ducyesha ikinyamakuru kizwi nka TUKO, kibinyujije ku rukuta rwabo rwa Facebook, bashyize hanze inkuru ivuga kuri uyu mukobwa Mercy ngo wataye iwabo heza ajya kubana n’umukunzi we mu bishanga.

 

Ngo ibyo yabikoze kubera urukundo rwinshi akunda uyu musore yiyemeza gusiga umuryango we ajya kwirenera umukunzi we.

 

None bikomeje kumukomerana kubera ko atamenyereye kuba ahantu nkaha hamenyerewe n’umukunzi we gusa.

Source: News Hub Creator

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Umugabo akomeje gushimirwa ubutwari nyuma yo gukomera ku rukundo rwe akemera umugore ufite indwara y’uruhu

Next Story

“Iyo avuye mu bwiherero ntabwo yihanagura” ! Umukobwa witwa Mercy yirukanye umukunzi we munzu amuhoye umwanda

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop