“Iyo avuye mu bwiherero ntabwo yihanagura” ! Umukobwa witwa Mercy yirukanye umukunzi we munzu amuhoye umwanda

31/07/2023 07:25

Umukobwa wamamaye muri BBNaija Allstars, yirukanye umukunzi we Ike Onyema munzu amuhoye umwanda.

 

Uyu mukobwa wabanaga n’uyu mukunzi we munzu imwe , ngo ntabwo yaje kwishimira umuco we urimo n’umwanda yamweretse mu gihe bamaze bari kumwe.

 

Aba bombi baryoheje urukundo rwabo mu 2019 ndetse ngo ninaho buri wese yamenye neza ko ari mu rukundo kuko byari bimeze kumenywa na buri wese.

 

Ubwo uyu mukobwa Mercy Eke yagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru ryo muri Nigeria mu gace ka 4 k’ikiganiro
BBNaija ‘All Stars’ yagaragaje ko uyu musore atigeze yihanagura na rimwe nyuma yo kuva mu bwiherero ngo na cyane ko yabwirwaga n’umwanda wahoragamo umusore avuyeyo.

Mu gahinda kenshi yagaragaje ko aterwa isoni na Eke wahoze ari umukunzi we.

 

Advertising

Previous Story

Umukobwa witwa Mercy akomeje kwicuza nyuma y’uko ataye iwabo heza akajya kubana n’umukunzi we wibera mu gishanga

Next Story

Card B yarakajwe n’umufana wamumennyeho inzoga ari kurubyiniro amutera mikoro

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop