Ntamusore numwe unyifuza ! Umukobwa mwiza yagaragaje ko nta musore umwikoza kubera imiterere ye

18/09/2023 10:31

Ammie Sweensy akomeje kurira cyane ngo kubera abasore batamwikoza kubera uko ateye, yavutse ameze mbese kubera ibintu nawe atabona uko ahindura.

 

Ngo ni uko afite izuru rinini rituma abasore bose bamwanga.Biba bigoye cyane kumuntu wangwa kubera uko yavutse ameze.

 

Uyu mukobwa we yifashe ajya ku karubanda maze ashinja abasore kumwanga kubera afite izuru rinini cyane.Mu marira menshi, uyu mukobwa abinyujije ku rukuta rwe rwa TIKTOK, yavuze kuntu arambiwe kwangwa kubaho wenyine ntamusore agira umutereta.

 

Ibyo yabivuga anavuga ko ngo abasore Bose bamwanga kubera afite izuru rinini cyane.Yakomezaga avuga ko nubwo bimeze gutyo ariko ko we yakiriye uko ameze cyane ko Ari ibintu karemano yavukanye cyangwa yavutse ariko ameze.

 

Yongeyeho ko Kandi nta miti nimwe ishobora guhindura uko yimereye kuko Ari ibintu yavukanye.Uyu mukobwa amashuri ye yashyize kuri TikTok, ni amashusho ashobora gutinyura abandi bameze nkawe cyangwa bateye ukundi kwemera kwiyakira bakakira uko bameze.

 

Source: muranganewspaper.co.ke

Advertising

Previous Story

Umukobwa w’ikimero Katy Bampton washyingiranwe n’umukinnyi wa Porono ruharwa , yatangaje ko amaze kumwigisha uko batera akabariro mu mezi 4 gusa bamaranye

Next Story

Umwana wanjye si igipupe, umugore yahaye gasopo abantu bakomeje kugereranya umwana we n’igipupe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop