“Ntamafaranga aba mu njyana na Hip-hop” ! “Gravity Omutujju yavuye muri Muzika yemeza ko Hip Hop ikorwa n’abantu bakubiswe gusa

16/06/2023 20:15

Umunyamuziki Gravity Omutujju yavuze ko yaretse gukora injyana ya Hip-hop kuko ngo ari injyana y’abantu bakubiswe baragira akantu.

 

Gravity Omutujju yavuze ko nyuma yo kureka gukora injyana ya Hip-hop agiye gusohora indirimbo zo mubwoko bwa Kidandali kuko ngo zitanga amafaranga menshi cyane.

 

Yakomeje avuga ko ariwo mwanzuro yafashe mwiza kuko ngo impinduka zigaragara ziri hafi no kumugaragaraho.

 

Yavuze ko yamenye aho amafaranga ari Ariyo mpamvu mugiye kujya mwumva indirimbo zanjye zahindutse cyane. Sinigeze nkorera amafaranga nkora injyana ya Hip-hop ariko nyuma yaho nsohoreye indirimbo yanjye Kwepicha, ubu nakoreye amafaranga menshi, ibyo yabivuze ubwo yari mu kiganiro kuri shene ya YouTube.

 

Gravity Omutujju yatangiye ari umuririmbyi ukora injyana ya Hip-hop ariko nyuma aza kubihindura akora injyana ya Kidandali.

 

 

 

Source: howwe.biz

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Advertising

Previous Story

Umukobwa wiga muri Kaminuza yashatse kwiba umugabo w’undi mugore bimubana agaka gakomeye

Next Story

“Umugabo utanywa inzoga na we atesha umutwe” Appoline yanenze bagenzi be basenya ingo zabo bitwaje ko bashakanye n’abagabo bafata agacupa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop