Umukobwa wa mbere wemeye ko yakundana n’umusore udafite amafaranga cyane ko ngo amafaranga atariyo amukururu, “Sonia Ogiri”

08/06/2023 22:00

Umukobwa ukina filime mu gihugu cya Nigeria ndetse akaba yaramamaye nka Sonia Ogiri yavuze ko yakemera Umusore udafite amafaranga cyane ko ngo amafaranga atariyo amukururu.

 

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ahazwi nka story yavuze ko Umusore udafite amafaranga kuri we ntakibazo ahubwo atakemera Umusore utazi mu buzima icyo ashaka.

 

Yanavuze ko Kandi atakemera Umusore utazi kumufata neza ndetse utamukunda cyane hahandi abibona akanabyiyumvamo.

 

Uyu mukobwa mwiza azwiho kubari ari wa muntu udakunda gutangaza ibyinkundo ze gusa ibyo yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram byagaragaje ko uyu mukobwa Atari yashaka.

 

Mu magambo ye yagize ati ” Nakemera gushyingiranwa n’umusore udafite amafaranga. Amafaranga kuri njye siyo ankurura. Gusa sinakemera Umusore utazi icyo ashaka mu buzima bwe, utankunda hahandi mbyiyumvamo ndetse nkanabibona.”

 

Uyu mukobwa asanzwe ari umunyempano cyane ko impano ye yo gukina filime ariyo yamufashije kwamamara.

 

 

Source: News Hub Creator

 

Advertising

Previous Story

Dore ibyo wahombye niba utarya ibijumba

Next Story

Dore ahantu 6 heza ho gusomanira n’umukunzi wawe cyangwa umugore wawe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop