Umukobwa utwite inda nkuru yagaragaye mu muhanda ari gukaraga umubyimba

22/10/2023 13:19

Imbuga nkoranyamaga zimaze kwangiza umuco burundu mu bantu, aho umuntu yumva ko ubuzima bwe bushingiye ku mbugankoranyambaga Kandi burya siko biri kuko mu buzima ni ngombwa ko wiyubaha ndetse ukabaha abandi udasize no kubahisha abandi nk’umuryango wawe ndetse n’abandi.

 

 

Uyu mukobwa kuri we ikintu cyo kwifata cyamunaniye mu mashusho yanyujije ku mbuga nkoranyambaga uyu mukobwa wo mu gihugu cya Kenya wari utwite inda nkuru yagaragaye mu muhanda ari gucugusa amabuno hirya no hino ndetse abikora yishimye ubona ko Ari ibintu asanzwe amenyereye gukora.

 

Abakoresha imbuga nkoranyamaga bamubonye bibajije icyamuteye kubyina noneho akabyina azunguza ikibuno mu muhanda yirengagije ko atwite. Uyu mukobwa kandi ayo mashusho yanyujije ku rukuta rwe rwa TIKTOK mbese yari mu kazi ko gutegura amashusho aribushyire ku mbugankoranyambaga nawe agakomeza gutwika nkuko bisanzwe Kandi abizi neza ko atwite inda nkuru.

 

Ubwo uyu mukobwa yabazwaga impamvu ari kubyinira mu muhanda acugusa amabuno, yavuze ko kuva cyera kubyina ari ibintu akunda kandi yishimira gukora ndetse akaba abikora atitaye ngo abantu baramubona ute, ngo baravuga ngo iki, mbese ngo bimuri mu maraso kubyina.

 

Yatangiye kubyina akiri muto ndetse uko abantu bamurebaga niko yarushagaho kubyina cyane.Abakoresha imbugankoranyamaga bagiye ahandikwa ibitecyerezo maze umwe agira ati” uwo ninjye namenye ko ntwite impanga”, undi nawe ati” muri iyi minsi biragoye imbugankoranyamaga zimaze kutwangiza neza neza pe”.

 

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

MU MAFOTO: Byari ibicika muri Trace Awards bamwe baje bambaye ubusa

Next Story

Bwiza yakabije inzozi ze zo guhura na Perezida wa Repubulika Paul Kagame amubwira ko amukunda

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop