Umukobwa bamushinjije gukurikira amafaranga ! Umukobwo n’umukunzi we bagaragaye bishimanye ndetse bari no kunyina batera ishyari abantu

06/10/2023 11:36

Umusore ufite indeshyo itangaje akomeje kubica ku mbugankoranyambaga aho yigaruriye imitima ya benshi nyuma yo kugaragaza ko amafaranga ntacyo atakora aho yagaragaye mu mashusho Ari kubyinisha inkumi ebyiri z’uburanga.

 

 

 

Umusore n’umukobwa bateye benshi kuvuga kurukundo bemeza ko uwawe ntacyo byagusaba ngo umukunde, aya magambo yabuzwe nyuma y’amashusho yagiye hanze uyu musore arimo kubyinana n’uyu mwarimu bamwe bashinja umukobwa gukurikira amafaranga.

 

 

 

Uyu musore nawe nibyo byamubayeho, hirya no hino ku mbugankoranyambaga uyu musore akomeje kuvugisha benshi nyuma Yuko yari ashagawe n’inkumi ebyiri z’uburanga Ari kuzibyinisha ndetse babyinanye karahava rubura gica.

 

 

Aya mashusho yanyujije ku rukuta rwa TikTok, aho abo bakobwa bagaragaye babyinusha uyu musore ufite indeshyo itangaje, ariko uwababonye wese yabibonaga ko babyinanye Kandi bombi bishimye cyanee.

 

 

 

Bamwe mu bakoresha urubuga rwa TikTok, bagiye ahandikwa ibitecyerezo maze Niko kuvuga ko burya amafaranga ntacyo atakora, hafi ya Bose bahamije ko uzo nkumi zikibero nuburanga zabyinsnye n’uyu musore kubera ko yari afite amafaranga.

 

 

Ese Koko nawe urabyemera ko amafaranga ntacyo atakora;!!??

 

 

 

 

 

 

 

 

Source: thetalk.ng

Advertising

Previous Story

Dore ibintu 6 byica urukundo burundu hagati yabakundana

Next Story

Waruzi ko umwana ashobora kuvuka nta musatsi afite ,akamara igihe ntawuramera ! Byigutera ubwoba cyane

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop