Umuhanzikazi Zuchu wagaragaye ari gusomana na Diamond Platinumz yavuze ko ari we wamushyize mu rukundo bwa mbere ahita amuhobera aramusoma – VIDEO

09/09/2023 20:06

Zuhura Othman wamamaye nka Zuchu muri muzika ya Tanzania nyuma yo gufashwa na Diamond Platinumz akamushyira muri Lebal ye ya WSB – Wasafi, yatangaje ko uyu muhanzi ufatwa nka Manager we  , ariwe wamushyize mu rukundo bigatuma nawe amukunda.

 

Ibi Zuchu yabitangaje nyuma y’igihe bibaye agatereranzamba aho yahakaniraga abafane be ko atigeze akundana na Diamond Platinumz, avuga ko amfata nk’inshuti isanzwe.Ubwo aba bombi , Diamond na Zuchu bari mu gitaramo cya WASAFI Festival nibwo umunyamakuru ukorera Wasafi FM bamwegereye maze amubaza ashize amanga.Uyu munyamakuru, yabajije Zuch na Diamond Diamond abanza kurya indimi.

 

 

Uyu munyamakuru yabajije aba bombi ati:’Ese ni abagore /Abagabo bangahe mwakundanye”.Mu gihe Diamond yari akiri gutekereza kuri iki kibazo Zuch yahise amuhobera arangije aramusoma.Uyu munyamakuru yakomeje guhatiriza Zuch kuvuga undi mugabo yigeze akundana nawe , nawe akomeza avuga Diamond arangije abwira uyu munyamakuru guhagarika ibibazo kuri Diamond Platinumz nubwo uyu muhanzi ntanakimwe yasubije kubera Zuch.

 

Urukundo rwa Diamond na Zuch rwaje nyuma y’aho , uyu muhanzi agaragaye mu mashusho arimo gusomana na Fantana nyamara bo babigize imikino.

Advertising

Previous Story

Umugabo yagiye kugurisha intanga ze ahitwa ‘Sperm Bank’ bamweretse Filime z’urukozasoni ngo yikinishe ntiyasohora ntiyasohora ataha amaramasa

Next Story

Byinshi wamenya kundwara yitwa Gamophobia itera uyirwaye gutinya gukora ubukwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop