Peter Reeslev, CEO of sperm bank Cryos International with a sperm storage container at the company’s headquarters in Aarhus, Denmark.

Umugabo yagiye kugurisha intanga ze ahitwa ‘Sperm Bank’ bamweretse Filime z’urukozasoni ngo yikinishe ntiyasohora ntiyasohora ataha amaramasa

09/09/2023 19:31

Ubukene bwatumye umugabo wo muri Nigeria uba mu Budage , ajya kugurisha intanga ze ngo abone amafaranga , bamweretse filime z’urukosazasoni ngo yikisha iminota 30  birangira atarangije ataha uko yaje.

 

Uyu mugabo ubwo yaganiraga n’inshuti ye yagaragaje ibyamubayeho ubwo yari mu Gihugu cy’u Budage aho asanzwe aba , igihe yari agiye kugurisha intanga ze ahitwa ‘Sperm Bank’, yikishije birangira adasohoye, ataha amaramasa nyamara yari aziko agiye gukorera amafaranga.Uyu mugabo ntabwo yigez abona amafaranga nk’uko yabyifuza ajya gufata umwanzuro wo kujya kugurisha intanga ze mu Budage mu kigo cyitwa ‘Sperm Bank’.

 

Nk’uko byatanzwe n’ibinyamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi, uyu mugabo yagaragaje isomo yakuyemo , avuga ko ngo gukorera amafaranga bitoroshye mukazi akariko kose.Aganira n’inshuti ye , uyu mugabo yagize ati:”Uyu munsi , nagiye gutanga intanga zanjye ngo mbone amafaranga ngezeyo bampereza icyumba cyane, banshyiriramo filime z’urukozasoni.Nikinishije iminota 30 yose ariko kurangiza birananirana.Mwabantu mwe gukorera amafaranga ntabwo byoroshye’”.

 

Ubusanzwe amakuru avuga ko uyu mugabo utigeze avugwa amazina, atuye mu gihugu cya Nigeria.

Advertising

Previous Story

Juno Kizigenza kwisonga mubifurije isabukuru nziza Ariel Wayz amwita inshuti magara

Next Story

Umuhanzikazi Zuchu wagaragaye ari gusomana na Diamond Platinumz yavuze ko ari we wamushyize mu rukundo bwa mbere ahita amuhobera aramusoma – VIDEO

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop