Ubukene bwatumye umugabo wo muri Nigeria uba mu Budage , ajya kugurisha intanga ze ngo abone amafaranga , bamweretse filime z’urukosazasoni ngo yikisha iminota 30 birangira atarangije ataha uko yaje.
Uyu mugabo ubwo yaganiraga n’inshuti ye yagaragaje ibyamubayeho ubwo yari mu Gihugu cy’u Budage aho asanzwe aba , igihe yari agiye kugurisha intanga ze ahitwa ‘Sperm Bank’, yikishije birangira adasohoye, ataha amaramasa nyamara yari aziko agiye gukorera amafaranga.Uyu mugabo ntabwo yigez abona amafaranga nk’uko yabyifuza ajya gufata umwanzuro wo kujya kugurisha intanga ze mu Budage mu kigo cyitwa ‘Sperm Bank’.
Nk’uko byatanzwe n’ibinyamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi, uyu mugabo yagaragaje isomo yakuyemo , avuga ko ngo gukorera amafaranga bitoroshye mukazi akariko kose.Aganira n’inshuti ye , uyu mugabo yagize ati:”Uyu munsi , nagiye gutanga intanga zanjye ngo mbone amafaranga ngezeyo bampereza icyumba cyane, banshyiriramo filime z’urukozasoni.Nikinishije iminota 30 yose ariko kurangiza birananirana.Mwabantu mwe gukorera amafaranga ntabwo byoroshye’”.

Ubusanzwe amakuru avuga ko uyu mugabo utigeze avugwa amazina, atuye mu gihugu cya Nigeria.