Umuhanzikazi Sheebah Karungi ufatwa nk’umu Slay Queen muri Uganda yashimiye abanyinnyi be by’umwihariko mu gitaramo Yolo Festival

17/09/2023 21:57

Umuhanzikazi wo muri Uganda wambara mu buryo budasanzwe ndetse akanitwara nk’Umu Slay Queen , yagaragake ko afite amashimwe menshi ashimira ababyinnyi be bamubaye hafi ubwo yakiranaga na mugenzi we Cindy Sanyu bifuza gukizwa na Mikoro.

 

 

Abinyujije kumbuga nkoranyambaga ze , Umuhanzikazi Sheebah Karundi ukunda gukoesha Facebook na Instagram cyane , yanditse amagambo agaragaza amashimwe menshi ku itsinda ry’ababyinnyi be ndetse anandika amazina yabo bose.

 

 

Uyu muhanzikazi yagize ati:”Mwakoze cyane babyinnyi banjye beza kandi nkunda kubwo gusangira impano yanyu nanjye.Biratangaje , biteye umuhate, biraryoshye, byanariza ndetse byanatumye turara amajoro menshi tutaryamye kugira ngo uyu munsi iki gitaramo tub twagisoje.

 

Mwarakoze cyane kubw’umuhate wanyu no kwitanga n’umuhate mwinshi , uwo twari dutwite yavutse,Nukuri, twari abayobozi n’abakina nkuru bakuru muri iyi filim.Twakoze amateka”.Nyuma yo kwandika aya magambo Sheebah Karungi , yashyize urutondo rw’abantu bose.Ubu butumwa bwe bwakiriwe neza n’abafana be bamweretse ko bamukunda cyane.

Advertising

Previous Story

Buvanwe i Burayi ! Dore ubwato bwa Speed Boat bwazaniwe abakunzi ba El Classico Beach kwa West n’ibindi byiza utari uzi bihaba

Next Story

Adriano Lemos akomeje kwitwa idayimoni kubera kuntu ameze, yuzuye ama Tattoo ndetse n’amaso ni ateye ubwoba

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop