Buvanwe i Burayi ! Dore ubwato bwa Speed Boat bwazaniwe abakunzi ba El Classico Beach kwa West n’ibindi byiza utari uzi bihaba

17/09/2023 21:52

El Classico Beach kwa West, ikomeje kuza ku isonga mu kwita kubakiriya bayo ndetse n’abandi bose bayigana yibanda  kudushya.El Classico Beach yazanye ubwato bugezweho bwa ‘Speed Boat’ , aho umuntu utembereye kuri El Classico ahabwa umwanya ubundi akidagadura ari kumuvuduko yifuza.

 

Ubusanzwe El Classico Beach ni Bar na Restaurent , ikorera mu Karere ka Rubavu  , Umurenge wa Nyamyumba, hafi neza n’Uruganda rwa Bralirwa ndetse hafi cyane y’amashyuza.Kuri El Classico Beach, haba ibyumba ku bantu bashaka kuryama (Kurara), bafasha abahagenda koga amashyuza  ndetse n’ikiyaga cya Kivu, bafasha abantu gutegura no kwakira ibitaramo  (Ibirori) bitandukanye birimo ; Isabukuru y’amavuko, gutera ivi, inama, umusangiro n’ubukwe.

 

 

Kuri El Classico Beach haba ifi nziza , iba yarobewe aho mu Kiyaga, ndetse ikanoherezwa aho kandi uwo mwanya hatabayeho kubanza kuyicisha muri Firigo.El Classico Beach , ifite umwihariko kubinyobwa by’unwoko bwose kandi biba byavanwe mu ruganda rwa Bralirwa uwo mwanya kandi kugiciro gito cyane utasanga ahandi.

 

 

 

Uwageze kuri El Classico Beach afashwa gutembera mu mazi  y’Ikiyaga , yitegereza ibirwa biyikikije, imisozi , amazu meza yuje amahoteri ndetse n’ibindi byiza nyaburanga bikurura abakerarugendo.Ushaka kuhagera cyangwa kuhatembera, wabandikira kuri WATSAPP cyangwa UKABAHAMAGARA KURI +250783256132  cynagwa  +250789400200.

 

 

NYUMA Y’IBI BYIZA, El classic Beach yakuzaniye ubwato bugezweho buzwi nka ‘Speed Boat’, ubwayo bufasha abatembera El Classico kuryoherwa n’ubuzima kandi ku giciro gito cyane.Ushaka gutembera muri ubu bwato nanone wagera kuri El Classico Beach kwa West, ukagaragaza ko aribwo ukeneye ubundi ugafashwa kubujyamo.

 

 

 

Kubantu baba bifuza kuza barenze umwe , mushobora gutanga Komande hakiri kare  munyuze kuri +250783256132 cyangwa  +250789400200 haba kuri Wtsappp cyangwa guhamagara.

Advertising

Previous Story

Warankunze unkora aho ntigeze nkorwa n’undi wese ! Priyanka Chopra yiteye imitoma umugabo we Nick Jones isabukuru ye y’amavuko

Next Story

Umuhanzikazi Sheebah Karungi ufatwa nk’umu Slay Queen muri Uganda yashimiye abanyinnyi be by’umwihariko mu gitaramo Yolo Festival

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop