Umuhanzi Tekno wamamaye cyane muri muzika ya Nigeria na Africa muri rusange yavuze impamvu amaze igihe kinini adakozwa iby’umiziki

23/05/2023 22:52

Augustine Miles Kelechi ukomoka muri Nigeria wamamaye nka Alhaji Tekno mu kiririmba ndetse no kwandika indirimbo yavuze impamvu amaze igihe kinini adakozwa ibyimiziki.

 

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Tekno Miles, yavuze ko abafana be bamaze iminsi bamubwira ko bamukumbuye ndetse ko nawe abakumbuye. Anongeraho Kandi ko amaze igihe kinini adakozwa ibyimiziki kuko yari acyeneye amahoro n’umutuzo mu mutwe.

 

Yagize ati” abafana banjye ngo barankumbuye ariko nanjye ndabizi neza ko mbakumbuye, nashakaga kuba ntuje ndi amahoro mu mutwe. Akimara kwandi ibyo abafana benshi bagize icyo babivugaho dore ko bamukumbuye cyane.

 

Uyu Tekno Miles afatwa nk’umwe mu bahanzi bakora injyana ya afro beat bahagaze neza ndetse ntawatinya no kuvuga ko yari mu bambere babayeho muri Africa.

 

Yakoze indirimbo nyinshi zabaye kumenya bose, twavuga nka, Duro, wash, enjoy, go, where, yawa, Diana , Pana, Panya, Choko, Uptempo, Jodogo, nizindi nyinshi.

Source: News Hub Creator

 

Advertising

Previous Story

“Umugabo wanjye yarantaye ansigiraba abana 4 ajya gushaka undi mugore ariko nirwanyeho” ! Yankurije Josephine wirirwana indobo kumutwe yabaye isomo kubandi bagore birirwa bicaye

Next Story

Umwana yahawe agera ku 17,000 by’amadorari nyuma yo gukora ibisanzwe

Latest from Imyidagaduro

Go toTop