Umuhanzi Harmonize yaguriye imodoka ihenze Yolo the queen yemeza ko bagomba kuzabana nk’umugore n’umugabo

09/08/2023 10:27

Uyu mugabo wamamaye cyane muri muzika ya Tanzania ndetse no muri afurika yose, yaguriye imodoka ihenze nshya yo mu bwoko bwa Range Rover Yolo the queen.

 

Ni nyuma gato Yuko uyu muhanzi harmonize abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze amashusho Ari kumwe n’umukobwa benshi bemeje ko yari Yolo the queen yandikaho ati ” narahiriwe’.

 

Uyu mukobwa Phiona wamamaye nka Yolo the queen ni umwe mu bakobwa bikibero gikurura abatari bacye kuko afite imiterere idasanzwe isaza abagabo benshi dore ko Kandi afite inzobe nziza cyane.

 

Uyu muhanzi Harmonize abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yatangaje amashusho arimo iyi modoka nziza cyane yandikaho ati ” sinjye urarota iyi modoka nyihaye Yolo the queen”.

 

Kuri iyo Range Rover Kandi yari yambaye plaque yanditseho ngo Boss yolo.

 

Yakomeje avuga ko ngo iyo akunze umuntu nibye byose biba ibye, ati nibindi biraje.

 

Rurangirwa uherutse gusohora indirimbo yitwa Single again yakunzwe n’abatari bacye hano muri afurika, yavuze ko ntawe yagereranya na Yolo the queen mubi bakundanye Bose.

 

 

 

 

 

 

Source: nairobigossipclub.co.ke

Instagram: Harmonize

Advertising

Previous Story

Umugore w’ibigango yagaragaye mu Mujyi wa Kampala atambaye ishati abakobwa bifata kumunwa

Next Story

Umugore bamufashe ari guca inyuma umugabo we muri Hoteli yinginga abantu ngo ntibamufotore

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop